Ifatizo ni iki?

Ni icyo watanga, wakora cyangwa wavuga cyiza cyemewe kandi abandi bakeneye ku buryo bakwishyura..

Byuzuze, tubigaragaze, tubyamamaze dukoresheje Ifatizo n’inkoranyambaga zacu, twakire komande z’ababikeneye, ubibagezeho, tugushyikirize ayo bishyuye.

Iyandikishe

Registration form with pen on table in workspace

Uhawe ikaze

Registration

Username*

Email*

First Name

Last Name

Store Name*

https://www.ifatizo.com/ifatizo-store/[your_store]

Address 1*

Address 2

Country*

City/Town

State/County

Postcode/Zip*

Store Phone*

Password*

Confirm Password*

* Agree  Terms & Conditions


Shyiraho

white and blue letter y wall decor

Ibyo uzi, ibyo ufite, ibyo ukunda, bibyaze inyungu. Dufite ibikoresho bihagije kugira ngo ubigaragaze hano ku Ifatizo. Shyiraho.

Niba wamaze kwiyandikisha, shyiraho igicuruzwa cyawe.

Tumiza

person using laptop computer holding card

Tumiza ibyo ukeneye muri ibi bicuruzwa ku giciro cy’uyu munsi ku isoko. Wongeraho ayo kubikuzanira n’igihembo cy’uwo watumye. Ibyo utumiza bigomba kuba bigejeje ku RWF 5000. Tumiza ikindi cyose ushaka kitari hano.


Postinga

Gira icyo uvuga ku byo washyizeho, n’impamvu bikenewe, akarusho ufite mu kubitegura no kubigeza ku babikeneye. Koresha inyandiko, amajwi, amafoto, amavidewo n’ibindi kuko hano byose biteganyijwe.

  • Andika incamake y'iyi nyandiko mu nteruro imwe cyangwa ebyiri (niba ari ngombwa)
  • Andika ibisobanuro birambuye
  • Icyitonderwa ku ma files ushyiraho

    Iyo wohereje file y'ifoto, amajwi, videwo, inyandiko cyangwa iyindi iyo ari yo yose; uba wiyemeje ko uburyozwe mu kuyifata, kuyitunga, kuyikoresha, kuyikwirakwiza cyangwa kuyigurisha, ari WOWE bureba atari bene urubuga. Genzura niba ubifitiye uburenganzira mbere yo kubishyira kuri uru rubuga.

  • Zishobora kuba inyandiko, amajwi, videwo,...
  •  
  •  
    Save Draft

Soma

Urubuga rwanyu ni ryo fatizo

Urubuga rwanyu ni ryo fatizo

Isoko ryo kuri murandasi ni isoko rifunguye ku bantu batuye isi yose. Gusa, abenshi ntibazi aho gutangirira kugira ngo baryinjiremo. Ifatizo ni umuryango woroshye kuwinjiramo kuko buri wese n’icyo ashoboye yinjira.Iyo winjiye ku Ifatizo ukoresha ibyo ufite cyangwa ibyo ushoboye….

Ifotore

Ifotore

Usigaranye iki?Nta gushidikanya, nibura ufite internet. Ntiwemere ko ipfa kugushirana utayibyaje inyungu. Ifotore! Hari igikoresho cyangwa ikindi gicuruzwa ufite, waguze ukaba ugikundira ko ari kiza, gikora neza kandi gihendutse? Nyabuna uraturye akara, twese dukeneye bene icyo, ubukungu bwacu bwakozwemo. Fotora utwereke. Ese uriyizeye mu kazi ukora ku…


Baza

Ese waba ukeneye kugira icyo ubaza abandi gifitanye isano n’ibicuruzwa na serivisi bitangirwa kuri URU rubuga? Koresha uyu mwanya, ababisobanukiwe baraza kuguha ibisobanuro ukeneye.

Ikibazo

Ihuriro

1xSlotsBlich

View Profile

AlbertBeano

View Profile

Apollinaire

View Profile

BorisCicy

View Profile

BrandonMot

View Profile

Craigimito

View Profile

1 2 3 5

Catinga

Ese hari icyo ushaka kuganira n’abafite konti kuri uru rubuga? Bashake muganire GUSA ku bijyanye n’intego y’uru rubuga. Koresha interuro ngufi ariko zumvikana.


Tumira

Bwira abandi iby’Ifatizo. Uguze kuko wamurangiye anyuze kuri link yawe, uzajya uhabwa agakomisiyo. Link yawe uzajy ukoresha ubatumira ngiyo munsi. Gusa ugomba kuyikoresha mu buryo bushyize mu gaciro. Ukeneye kubisobanukirwa neza wambaza.


Zigama

a person stacking coins on top of a table

Ubwizigame Wallet ni uburyo bwo gushyira kuri konti yawe uguriraho hano ku Ifatizo amafaranga uzakoresha ugura. Bituma igihe cyo kugura, kwishyura byihuta. Ushobora kuyabitsaho, kuyabikuza cyangwa kuyoherereza undi ufite konti kuri uru rubuga igihe cyose ubishakiye.

Login

Register

A link to set a new password will be sent to your email address.

Amakuru yawe bwite ari kuri uru rubuga akoreshwa gusa kugira ngo uhabwe serivisi ikwiriye. Ntazigera ahabwa undi muntu cyangwa ngo akoreshwe ku zindi ntego, nk'uko bisobanurwa muri politiki yo kubungabunga ibanga privacy policy. Niba ushaka kujya winjiza inyungu ku Ifatizo, kanda munsi aha handitse "Become a Vendor"

Leave a Reply