Gutumika
Ndabamenyesha ko Mbakorera
Ibyerekeye Amasoko n’ubucuruzi
Ari byo by’ibi: Kubagezaho ibicuruzwa mwatumije ku isoko muri Kigali no mu nkengero zayo.
Uburyo bwo kwishyuza ku murimo wose urangiye
Cyangwa ubu buryo bundi bwo kwishyura Ukeneye kugura ni we ugena igiciro akurikije ibiri ku isoko.
Ibyerekeye igihe: Kuva kuwa mbere kugeza kuwa 5, kuva saa mbiri za mugitondo, kugeza saa kumi za nimugoroba.
Aho biva:
Mu karere ka Nyarugenge
Mu murenge wa Muhima
Ahazwi cyane ku izina rya Nyabugogo
Ibisabwa
Jya ku rubuga https://www.ifatizo.com/shop uhitemo icyo ugura, cyangwa niba ibyo ushaka bitari ku rubuga urebe igicuruzwa cyitwa “Gutumiza ibitari ku rubuga” ukurikize amabwiriza. Wishyura mbere kuri MomoPay.
Wantelefona 0788524432
Wanyandikira kuri chat (whatsapp) 0788352361
Wanyandikira email mkapollo@gmail.com
Andi makuru https://www.ifatizo.com/shop